Yanditswe: na Khalikeza
Ku itariki ya 08 Kamena 2022 Nibwo AS Muhanga yari yakiriye Rwamagana City mu mukino wo kwishyura muri kimwe cya Kane mu gushaka itike yicyiciro cya mbere ya 2022 na 2023
Icyo gihe AS Muhanga yasabwaga gutsinda cg Kunganya kuko umukino ubanza yari yatsindiye Rwamagana City iwayo igitego Kimwe ku busa cya Muzerwa Amini.
Gusa ibyishimo bya Rwamagana City byaje Kurangira mu marira ubwo Muganuza Jean Pierre yatsindiraga Rwamagana City ibitego 2 byaje byishyura igitego cyari cyatsinzwe na Munyemana Alexandre maze umukino urangira Ari ibitego bibiri kuri kimwe bituma AS Muhanga yasabwaga gutsinda cg Kunganya isezererwa.