?Nyuma ya Huye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ biri kuba ku nshuro ya karindwi byakomereje mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba aho kuri iyi nshuro byatumiwemo abahanzi barindwi batwaye ‘Primus Guma Guma Super Star’.
Ibitaramo
bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ by’uyu mwaka biri kuzenguruka mu mijyi irindwi
y’u Rwanda kuva ku wa 20 Kamena 2026 kugeza ku wa 1 Kanama 2026.
Umujyi wa
Ngoma wakiriye igitaramo cya kabiri uyu mwaka kiritabirwa Ross Kana, Amalon,
Kivumbi King, Marina, Chriss Eazy, Davis D, Kenny Sol na Bushali.
Guhera
kw'isaha ya saa tanu n'igice ubwo umunyamakuru wacu yasesekaraga i Ngoma
abakunzi ba muziki benshi baganaga kuri stade nkuru ya Ngoma batitaye ku nzuba
ryinshi ryari rihari .kugeza kw'isaha ya saa cyenda ibyishimo byari byinshi ku
bakunzi bamuziki babifashijwemo na Dj Dax . Ndetse n'abahanzi bakomoka mu
ntara y'iburasirazuba nka B Pac Rugamba mu myambaro gakondo asusurutsa abaraho
.
Ibi bitaramo
bya "Iwacu Muzika Festival" bitegurwa na East African Promoters (EAP)
ku bufatanye na MTN Rwanda, Primus ndetse by’umwihariko muri uyu mwaka
hiyongereyemo BPR Bank Rwanda Plc.
?Nyuma ya Huye ibitaramo bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival 2026’ biri kuba ku nshuro ya karindwi byakomereje mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba aho kuri iyi nshuro byatumiwemo abahanzi barindwi batwaye ‘Primus Guma Guma Super Star’.
Ibitaramo
bya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ by’uyu mwaka biri kuzenguruka mu mijyi irindwi
y’u Rwanda kuva ku wa 20 Kamena 2026 kugeza ku wa 1 Kanama 2026.
Umujyi wa
Ngoma wakiriye igitaramo cya kabiri uyu mwaka kiritabirwa Ross Kana, Amalon,
Kivumbi King, Marina, Chriss Eazy, Davis D, Kenny Sol na Bushali.
Guhera
kw'isaha ya saa tanu n'igice ubwo umunyamakuru wacu yasesekaraga i Ngoma
abakunzi ba muziki benshi baganaga kuri stade nkuru ya Ngoma batitaye ku nzuba
ryinshi ryari rihari .kugeza kw'isaha ya saa cyenda ibyishimo byari byinshi ku
bakunzi bamuziki babifashijwemo na Dj Dax . Ndetse n'abahanzi bakomoka mu
ntara y'iburasirazuba nka B Pac Rugamba mu myambaro gakondo asusurutsa abaraho
.
Ibi bitaramo
bya "Iwacu Muzika Festival" bitegurwa na East African Promoters (EAP)
ku bufatanye na MTN Rwanda, Primus ndetse by’umwihariko muri uyu mwaka
hiyongereyemo BPR Bank Rwanda Plc.
Saa cyenda
zibura Dj Tricky yageze ku rubyiniro asusurutsa abaturage ba Ngoma mu ndirimbo
zigamjemo izabahanzi ba kera nka Urban Boys ,KGB na King James na bandi benshi
.
Nyuma y'iminota mike Abashyushyarugamba MC Buryohe na Bianca baje ku rubyiniro batitaye kw'izuba ryinshi ry'i Ngoma barabasusurutsa bishyira kera .