Mu mwanzuro uru rukiko rwashyize hanze uvuga ko aya matora yari ateganyijwe ku wa 9 Ugushyingo yimuriwe ku itariki ya 16 Ugushyingo mu 2023.
Uyu mwanzuro ufashwe nyuma y’ubusabe bwa Marc Ravalomanana uri mu bahatanye, wavuze ko yavunikiye mu bikorwa yari arimo byo kwiyamamaza bikaza kuvukamo akavuyo.