Bamwe mu baturage baturiye iki kirombe gicukurwamo amabuye y'agaciro, ku murongo wa telefoni, batangarije umunyamakuru wa BTN TV ko mu gitondo Saa Tatu n'iminota 40 ariko akurwamo hafi Saa Yine.
Bakomeza bavuga ko ubwo cyamugwiraga abo bari kumwe bahise bahunga kuko ikirombe cyakoragwamo binyuranyije n'amategeko ndetse ko nyiracyo witwa Kayigamba Theobard, yatanze itegeko ngo amakuru y'urwo rupfu ahishwe.
Inkuru ku buryo burambuye ni mu mashusho ari munsi
NGABONZIZA Remy/BTN i Kigali